Kamonyi: Ububi bw’umuhanda bubangamira isoko ry’amabuye acukurwa mu Rugarama
Abacukura amabuye yo kubaka mu mudugudu wa Rugarama, akagari ka Kagina ho mu murenge wa Runda, barataka ikibazo cy’ububi bw’umuhanda werekeza aho bakorera kuko wangiritse cyane. Bakaba bagurirwa ari...
View ArticleRusizi: Abaturage barinubira umuhanda unyura mu mujyi rwagati
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rusizi bakomeje kwibaza impamvu umuhanda umwe rukumbi wa kaburimbo ukoreshwa umunsi kuwundi udakorwa, ibyo ngo bigatuma hakomeza kuba impanuka za hato na hato hagati...
View ArticleRuhango: Ubuhahirane ni bwose nyuma y’iyubakwa ryiteme rya Mutima
Abaturage batuye umurenge wa Kinazi uhana imbibe n’akarere ka Nyanza, barishimira ko iteme ryabahuzaga ryamaze gukorwa inzira ikaba yarongeye kuba nyabagendwa. Aba baturage bavuga ko hari hagiye...
View ArticleGisagara: Gikonko baracyakomerewe n’ingendo
Abatuye umurenge wa Gikonko mu karere ka Gisagara baratangaza ko bakibangamiwe n’uburyo bwo gukora ingendo ndende n’ubwikorezi hagati y’umujyi wa Huye n’umurenge wabo kuko nta modoka zitwara abagenzi...
View ArticleGatsibo: abaturage Babangamiwe n’imihanda n’ibiraro byangiritse
Imwe mu mihanda abaturage bagiye bayitunganyiriza muri gahunda ya VUP Abaturage bo mu Murenge wa Remera mu Kagari ka Butiruka, Akarere ka Gatsibo, bavuga ko babangamiwe cyane n’imihanda n’ibiraro...
View ArticleMusanze: Ikibuga cy’indege ngo kibangamiye iterambere ry’umujyi
Ubuyobozi n’abikorera bo mu Karere ka Musanze bifuza ko ikibuga cy’indege kimurwa kuko ngo kibangamiye iterambere ry’umujyi. Ni ikibuga kirambuye kirimo ibyatsi gikikijwe n’imirima ihingwamo...
View ArticleNyagatare: Ingengo y’imari yadindije isanwa ry’ikiraro
Nyuma y’amezi 5 cyarangiritse, ikiraro cya Nyagatare gishobora gusanwa ku bufatanye bw’akarere na minisiteri y’ibikorwa remezo. Ikiraro cya Nyagatare gihuza umurenge wa Nyagatare n’uwa Tabagwe na...
View ArticleJomba-Rurembo:MIDIMAR cyangwa RTDA byitezweho igisubizo ku kiraro cya Basera
Ikiraro cya basera cyangiritse Ikibazo cy’ikorwa ry’ikiraro cya Basera kiri hagati y’umurenge wa Jomba na Rurembo mu karere ka Nyabihu gikomeje kwibazwa n’abaturage. Iki kiraro kikaba kimaze igihe...
View ArticleRyabega: Abashoferi barasaba RFTC kububakira gare
Bamwe bapakirira imbere y’amaduka bahakurikiye abagenzi bugamye izuba. Aho izi modoka ziri niho haganewe gare hatubakiye. Abakoresha gare ya Ryabega mu murenge wa Nyagatare barasaba RFTC kububakira...
View ArticleNyagatare: Abashoferi barashinja RFTC kubarenganya ikabateranya n’abagenzi
RFTC yo ivuga ko imodoka zose zigomba guhagarara muri gare gusa. Taxi zabujijwe guhagarara kwa Ngoga Coaster zo zihahagarara. Abashoferi ba Taxi mu karere ka Nyagatare barashinja RFTC kubateranya...
View ArticleNyamagabe: Kutagira umuhanda bituma umusaruro babona ubapfira ubusa
Hari ababura uko bageza umusaruro wabo ku isoko Abatuye Umurenge wa Buruhukiro, Akagari ka Gifurwe babangamiwe n’uko nta muhanda bafite, bigatuma umusaruro w’ibikomoka ku mashyamba ubaphira ubusa....
View Article
More Pages to Explore .....